Uyu mukinnyi amaze imyaka itatu muri Shampiyona ya Turikiya, aho yagezeyo agiye muri Pendik yakiniye imyaka ibiri. Yaje kuyivamo ajya muri Malatya Büyükşehir yakiniye mu mwaka ushize.
Gatete yabwiye IGIHE ko nubwo amasezerano ye yari yarangiye yifuje kujya muri Mersin Ampute Futbol kuko yamuhaga ibirenze ibya Malatya Büyükşehir.
Uyu mukinnyi ntabwo ari we Munyarwanda gusa ukina muri iyi shampiyona kuko hari na Ntambara Jean Paul bakinanaga muri Malatya Büyükşehir na Imanirutabyose Patrick wa Pendik.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!