Uyu mutoza uzagera mu Rwanda mu gitondo cyo ku wa Gatanu, aho ashobora kuzakurikira umukino iyi kipe izakina na Gorilla FC saa Kumi n’Ebyiri kuri Kigali Pelé Stadium.
Bruno yerekeje muri Gikundiro gusimbura Afhamia Lotfi wirukanwe mu Ukwakira 2025. Uyu mutoza azungirizwa na Lomami Marcel na Haruna Ferouz.
Uyu mugabo w’imyaka 58 yatoje amakipe arimo Azam FC yo muri Tanzania mu 2024, mu gihe yayivuyemo yerekeza muri AS Vita Club yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ari na yo aherukamo.
Bruno Ferry yemejwe nk'umutoza mushya wa Rayon Sports



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!