Iyi kipe yegukanye Igikombe cy’Igihugu umwaka ushize w’imikino, izahagararira iki gihugu muri CAF Confederations Cup, aho mu ijonjora ry’ibanze izakina na NEC FC yo muri Uganda.
Nairobi United ntabwo ari ikipe y’ubukombe muri Kenya kuko yazamutse mu Cyiciro cya Mbere uyu mwaka, nyuma yo kwegukana igikombe mu Cyiciro cya Kabiri.
Buregeya Prince ni umwe muri ba myugariro beza, aho yanyuze muri APR FC yanazamukiyemo mbere yo kwerekeza muri AS Kigali aherukamo.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!