Ni igikombe iyi kipe y’i Londres yegukanye nyuma yo kuba iya kabiri mu myaka itatu yikurikiranya, ubwo yahigikwaga na Manchester City na Liverpool.
Kuri iyi nshuro, yegukanye Igikombe cya Shampiyona binyuze mu mikino 38 yakinnye. Yatsinzemo 26, inganya irindwi, itsindwa itanu. Yatsinze ibitego 71, itsindwa 27.
Iyi kipe kandi yakoze ibidasanzwe, aho yasoje shampiyona idatewe penaliti, itanahawe ikarita y’umutuku.
IGIHE yaguteguriye icyegeranyo kigaragaza urugendo rwa The Gunners n’umutoza Mikel Arteta wayigiyemo yitwa umwiga kugeza ayisubije ikuzo nyuma y’igihe kinini.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!