Mavugo w’imyaka 23 asoje amasezerano muri Rukinzo FC izwiho kuzamura impano muri iki gihugu.
Mavugo yerekeje muri Rukinzo FC mu 2020 avuye muri Aigle Noir nayo yo muri icyo gihugu.
Uyu rutahizamu usanzwe akinira Ikipe y’Igihugu Intamba mu Rugamba akaba ari Umuvandimwe wa Rutahizamu Laudit Mavugo wakiniye Police FC yo mu Rwanda n’Ikipe y’Igihugu y’u Burundi.
Gorilla FC yasinyishije rutahizamu w'Umurundi Cedric Mavugo wakiniraga Rukinzo FC
Uyu rutahizamu afite imyaka 23
Mavugo asanzwe akinira Intamba mu Rugamba z'u Burundi



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!