00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Gorilla FC yasinyishije rutahizamu w’Umurundi

Yanditswe na Ntare Julius
Kuya 21 June 2023 saa 01:44
Yasuwe :

Ikipe ya Gorilla FC yasinyishije amasezerano y’imyaka ibiri rutahizamu w’Umurundi Mavugo Cedric wakiniraga Rukinzo FC.

Mavugo w’imyaka 23 asoje amasezerano muri Rukinzo FC izwiho kuzamura impano muri iki gihugu.

Mavugo yerekeje muri Rukinzo FC mu 2020 avuye muri Aigle Noir nayo yo muri icyo gihugu.

Uyu rutahizamu usanzwe akinira Ikipe y’Igihugu Intamba mu Rugamba akaba ari Umuvandimwe wa Rutahizamu Laudit Mavugo wakiniye Police FC yo mu Rwanda n’Ikipe y’Igihugu y’u Burundi.

Gorilla FC yasinyishije rutahizamu w'Umurundi Cedric Mavugo wakiniraga Rukinzo FC
Uyu rutahizamu afite imyaka 23
Mavugo asanzwe akinira Intamba mu Rugamba z'u Burundi

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages