Ibi byatangajwe na Mathurin de Chacus umuyobozi w’iri shyirahamwe kuri uyu Gatandatu, tariki 20 Kanama 2022, mu Nteko rusange ubwo yari amaze kongera gutorerwa kuyobora iri shyirahamwe mu myaka ine iri imbere.
Yagize ati “Kuva uyu munsi ikipe yacu y’igihugu y’umupira w’amaguru ntabwo izongera kwitwa inkima ahubwo izajya yitwa igisamagwe”.
Amakuru ava muri iki gihugu avuga ko kwitwa inkima bitafatwaga neza n’abakunzi b’ikipe kuko iryo zina ritagaragaza ubukana bwabo.
Ibihugu byinshi byiyitirira amazina y’inyamaswa z’inkazi kugira ngo zumvikanishe ko zikomeye nk’izo nyamanswa.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!