00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Myugariro Muvandimwe JMV yasinyiye Mukura VS imyaka ibiri

Yanditswe na Ntare Julius
Kuya 27 June 2023 saa 07:37
Yasuwe :

Myugariro w’ibumoso wakiniraga Rayon Sports, Muvandimwe Jean Marie Vianney yashyize umukono ku masezerano y’imyaka ibiri akinira Mukura Victory Sports yo mu karere ka Huye.

Muvandimwe wari umaze imyaka ibiri muri Rayon Sports yari yarabuze umwanya ubanzamo kuko akenshi yagiye yicazwa na Ishimwe Ganijuru Elie. Uyu myugariro yari yarasoje amasezerano ye muri Murera nyuma yo kuhagera avuye muri Police FC mu 2021.

Mbere y’aya makipe yombi, uyu myugariro kandi yakiniye Gicumbi FC yo mu majyaruguru y’u Rwanda ndetse n’Ikipe y’Igihugu, Amavubi.

Myugariro w'ibumoso Muvandimwe Jean Marie Vianney yasinye imyaka ibiri muri Mukura VS
Muvandimwe yageze muri Rayon Sports muri 2021 avuye muri Police FC

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages