Muvandimwe wari umaze imyaka ibiri muri Rayon Sports yari yarabuze umwanya ubanzamo kuko akenshi yagiye yicazwa na Ishimwe Ganijuru Elie. Uyu myugariro yari yarasoje amasezerano ye muri Murera nyuma yo kuhagera avuye muri Police FC mu 2021.
🚨🚨M12 is here now 💛🖤#HungaTwaje #MukuraTwaje pic.twitter.com/YdYAwZnZhc
— Mukura Victory Sports et Loisirs (@MukuraVS) June 26, 2023
Myugariro Muvandimwe Jean Marie Vianney wakiniraga Rayon Sports yasinye imyaka ibiri muri Mukura VS. pic.twitter.com/QdjQQimpdR
— IGIHE Sports (@IGIHESports) June 26, 2023
Mbere y’aya makipe yombi, uyu myugariro kandi yakiniye Gicumbi FC yo mu majyaruguru y’u Rwanda ndetse n’Ikipe y’Igihugu, Amavubi.


















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!