00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ngomirakiza Hegman yavuye muri APR FC asinya muri Police FC

Yanditswe na

Tity Thierry Kayishema

Kuya 16 July 2015 saa 12:09
Yasuwe :

Ngomirakiza Hegman wari umaze imyaka 12 muri APR FC yasinye imyaka ibiri muri Police FC mu gihe byavugwaga ko yifuzwa na Rayon Sports.

Uyu musore utarabonye umwanya uhagije wo gukinira APR FC yagezemo mu 2004 mu ishuri ryayo ryigisha umupira w’amaguru, ntiyari ku rutonde rw’abakinnyi 18 iyi kipe yajyanye muri CECAFA Kagame cup.

Ngomirakiza yasabaga ubuyobozi bwa APR FC kumuha ibyangombwa bimwemerera gushaka indi kipe.

Muri Nzeli 2006, Ngomirakiza yatijwe umwaka muri AS Kigali yari asubira muri APR FC mu 2007.

Nyuma y'imyaka 12 muri APR FC, Ngomirakiza Hegman yasinye imyaka ibiri muri Police FC

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages