Kuri uyu wa Gatanu, tariki 21 Kamena 2024 nibwo Nshimiyimana yashyize umukono ku masezerano y’imyaka ibiri nk’uko yabihamirije IGIHE.
Yagize ati “Yego ayo makuru niyo. Nasinye imyaka ibiri.”
Nshimiyimana yari yagaragaye mu mukino wo gusogongera Stade Amahoro Rayon Sports yanganyijemo na APR FC 0-0, ku ya 15 Kamena 2024.
Kujya kwa Kabange muri Murera kwatumye benshi batangira kwibaza niba amakuru aganisha Omborenga Fitina muri iyi kipe azaba impamo kuko bahita baba abakinnyi batatu bakina ku ruhande rw’iburyo kuko basanga Serumogo Ally.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!