Uyu mukinnyi w’imyaka 24 yakiniraga AS Vita Club yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yafashije no kwegukana Igikombe cy’Igihugu (Coupe du Congo).
Uyu mukinnyi yiyongereye kuri myugariro w’Umunya-Sénégal Omar Gningue, Fitina Omborenga, Ndayishimiye Richard, Niyonzima Olivier ‘Seif’, Ndikuriyo Patient n’abandi.
Rayon Sports imaze icyumweru itangiye imyitozo nubwo itarabona umutoza mukuru, bivugwa ko na we azagera i Kigali mu mpera z’iki cyumweru.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!