Arsenal FC yagombaga kugera ku kibuga cya Brighton saa Sita zuzuye z’amanywa, yakoze urugendo rw’isaha n’igice yayobye igenda intera y’ibilometero 152 igana mu Mujyi wa Bournemouth.
Aba basore batozwa na Jack Wilshere bisanze bari mu wundi mujyi badashobora kujya i Brighton bari gukinira ku buryo batangira umukino ku isaha yari yagenwe. Byabaye ngombwa ko basubira ku kibuga cy’imyitozo cya Arsenal, London Colney maze ikipe ikora imyitozo.
Umukino wasubitswe ndetse itariki uzakinirwaho izatangazwa mu gihe kiri imbere.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!