00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ashley Cole yanze andi masezerano muri Chelsea

Yanditswe na

Rutaganda Joel

Kuya 15 October 2012 saa 03:29
Yasuwe :

Ashley Cole, umukinnyi wa Chelsea unakinira ikipe y’igihugu y’u Bwongereza yanze icifuzo cy’ ikipe ya chelsea yifuzaga ko yamwongerera amasezerano angana n’umwaka umwe.
Nk’uko tubikesha dailmail.co.uk ruratangaza umukinnyi nyuma yaho agejejwe imbere y’ubucamanza n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ry’u Bwongereza FA rimushinja kuba yarahishiriye mugenzi we bakinana muri chelsea John Terry ko atigeze akoresha ijambo ry’ivangura ruhu, Ashley Cole atangaza ko atifuza kongera amasezerano na (…)

Ashley Cole, umukinnyi wa Chelsea unakinira ikipe y’igihugu y’u Bwongereza yanze icifuzo cy’ ikipe ya chelsea yifuzaga ko yamwongerera amasezerano angana n’umwaka umwe.

Nk’uko tubikesha dailmail.co.uk ruratangaza umukinnyi nyuma yaho agejejwe imbere y’ubucamanza n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ry’u Bwongereza FA rimushinja kuba yarahishiriye mugenzi we bakinana muri chelsea John Terry ko atigeze akoresha ijambo ry’ivangura ruhu, Ashley Cole atangaza ko atifuza kongera amasezerano na chelsea kuko ubu arimo ashakishwa n’amakipe menshi nka Real Madrid yo muri Espagne na Paris SaintGermain yo m’u Bufaransa.

Umukinnyi w’Umunyasuwede ari we Ibramovich ukinira ikipe ya “Paris Saint Germain nk’uko yagiye akomeza kugirana ibiganiro na Ashley Cole na Frank Lampard nawe utarongera amasezerano na Chelsea, abasaba ko baza bagakinana kuko abayeho neza m’u Bufaransa.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages