Ashley Cole, umukinnyi wa Chelsea unakinira ikipe y’igihugu y’u Bwongereza yanze icifuzo cy’ ikipe ya chelsea yifuzaga ko yamwongerera amasezerano angana n’umwaka umwe.
Nk’uko tubikesha dailmail.co.uk ruratangaza umukinnyi nyuma yaho agejejwe imbere y’ubucamanza n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ry’u Bwongereza FA rimushinja kuba yarahishiriye mugenzi we bakinana muri chelsea John Terry ko atigeze akoresha ijambo ry’ivangura ruhu, Ashley Cole atangaza ko atifuza kongera amasezerano na chelsea kuko ubu arimo ashakishwa n’amakipe menshi nka Real Madrid yo muri Espagne na Paris SaintGermain yo m’u Bufaransa.
Umukinnyi w’Umunyasuwede ari we Ibramovich ukinira ikipe ya “Paris Saint Germain nk’uko yagiye akomeza kugirana ibiganiro na Ashley Cole na Frank Lampard nawe utarongera amasezerano na Chelsea, abasaba ko baza bagakinana kuko abayeho neza m’u Bufaransa.



















TANGA IGITEKEREZO