00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Barcelona irashyira mu majwi Gerard Piqué ku kuyitsindisha

Yanditswe na

Joel Rutaganda

Kuya 28 February 2013 saa 12:10
Yasuwe :

Umukinnyi ukinira ikipe ya Fc Barcelona nka myugariro Gerard Piqué, arashinjwa n’ikipe ye kuyitsindisha mu mukino yakinnye na Real Madrid mu mukino w’irushanwa ry’igikombe cy’umwami.
Inkuru dukesha urubuga rwa Mail online ivuga ko mu gihe abandi babaga bari kumwe batekereza ku mukino barimo bitegura, Gerard Piqué ngo yabaga yijyaniye n’umukunzi we Shakira gutembera.
Nk’uko icyo gitangazamakuru kibigaragaza ku mafoto y’umwe muri ba maneko bakurikirana amakuru y’abasitari uzwi nka Metodo (…)

Umukinnyi ukinira ikipe ya Fc Barcelona nka myugariro Gerard Piqué, arashinjwa n’ikipe ye kuyitsindisha mu mukino yakinnye na Real Madrid mu mukino w’irushanwa ry’igikombe cy’umwami.

Inkuru dukesha urubuga rwa Mail online ivuga ko mu gihe abandi babaga bari kumwe batekereza ku mukino barimo bitegura, Gerard Piqué ngo yabaga yijyaniye n’umukunzi we Shakira gutembera.

Nk’uko icyo gitangazamakuru kibigaragaza ku mafoto y’umwe muri ba maneko bakurikirana amakuru y’abasitari uzwi nka Metodo 3, akaba ari na we wagiye akurikirana abakinnyi nka Samuel Eto’o, Ronaldinho na Deco bakiniraga iyi kipe ya Fc Barcelona.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages