00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Rutahizamu David Villa yasubiye mu bitaro

Yanditswe na

Marie Monique Dushime

Kuya 15 February 2013 saa 05:02
Yasuwe :

Rutahizamu mpuzamahanga w’ Ikipe ya FC Barcelona David Villa kuri uyu wa Kane yasubiye mu bitaro.
Nk’ uko bitangazwa n’urubuga 7sur7,nyuma y’iminsi ibiri gusa avuye mu bitaro David Villa yasubiyemo kuri uyu wa kane tariki ya 14 Gashyantare 2013, kuko yababaraga impyiko.
Nk’uko urubuga rwa FC Barcelona rwabitangaje rugira ruti ”Villa yajyanywe ku bitaro kuko yarafite ububabare bityo akaba atazanitabira umukino uzahuza Barcelona na Grenade uzaba kuri uyu wa Gatandatu.”
Uyu rutahizamu (…)

Rutahizamu mpuzamahanga w’ Ikipe ya FC Barcelona David Villa kuri uyu wa Kane yasubiye mu bitaro.

Nk’ uko bitangazwa n’urubuga 7sur7,nyuma y’iminsi ibiri gusa avuye mu bitaro David Villa yasubiyemo kuri uyu wa kane tariki ya 14 Gashyantare 2013, kuko yababaraga impyiko.

Nk’uko urubuga rwa FC Barcelona rwabitangaje rugira ruti ”Villa yajyanywe ku bitaro kuko yarafite ububabare bityo akaba atazanitabira umukino uzahuza Barcelona na Grenade uzaba kuri uyu wa Gatandatu.”

Uyu rutahizamu mpuzamahanga afite imyaka y’amavuko 31, yari amaze iminsi mike akirutse imvune yo ku kaguru k’ibumoso yagize mu Kuboza 2011.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages