Iki gikorwa kizaba gikomatanyijwe no gusoza imikino ya BAL izasozwa ejo ku wa Gatandatu, bikaba biteganyijwe ko iki kibuga kizatahwa mbere y’iyi mikino ya nyuma.
Madamu Jeannette Kagame azaba ari kumwe na Perezida wa BAL, Amadou Gallo Fall, Minisitiri wa Siporo Munyagaju Aurore Mimosa, Umuyobozi mukuru wa NBA Africa, Victor Williams ndetse na Perezida wa Federasiyo ya Basketball y’u Rwanda, FERWABA, Desire Mugwiza.
Iki kibuga cyubatswe mu rwego rwo guteza imbere umukino wa Basketball mu bana, ku bufatanye na Imbuto Foundation, FERWABA, BAL na Minisiteri ya Siporo.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!