Ni umukino wabaye ku isaha ya saa mbili z’ijoro ari kuwa gatandatu tariki ya 02 Gicurasi 2015 ku isaha yo muri Amerika, ni ukuvuga kucyumweru tariki ya 03 Mata saa kumi n’ebyiri zo mu gitondo ku isaha y’i Kigali mu Rwanda.
Umukino utari woroshye wari wahuruje isi yose wabereye mu mujyi wa Las Vegas muri Amerika.
Aba bakinnyi bombi bakinnyi ibice 12 (round). Floyd Mayweather yatsinze ku manota 118-110, 116-112, 116-112.
Bibaye inshuro ya 48 Matweather ataratsindwa.
Byarinze bigera ku munota wa nyuma abakinnyi bombi bemeza ko buri umwe yatsinze, dore ko Manny Pacquiao yari yamanitse amaboko yishimira intsinzi ariko abacamanze bafata icyemezo batangaza ko Mayweather atsinze.



















TANGA IGITEKEREZO