Muri iri rushanwa ryabaye ku Cyumweru, Umunya-Kenya Sabastian Sawe yakoreyemo amateka yo kuba umugabo wa mbere wirutse marathon [ibilometero 42] munsi y’amasaha abiri, akurikirwa n’Umunya-Ethiopia Yomif Kejelcha na we wasoje isiganwa munsi y’amasaha abiri.
Umuyobozi Mukuru wa London Marathon Events, Hugh Brasher, yavuze ko batewe “ishema no gushyiraho umuhigo mushya muri Guiness des Records.”
Mu cyiciro cy’abagore bakoresheje ibihe biri munsi y’amasaha abiri n’iminota 16 ku nshuro ya mbere, isiganwa ryegukanywe n’Umunya-Ethiopia Tigst Assefa waryisubije ndetse akuraho agahigo yari asanganywe.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!