Umunyamabanga w’ishyirahamwe ry’umukino ngororamubiri (RAF), Johnson Rukundo yatangaje ko Nyirarukundo wegukanye iri rushanwa yahembwe umudari wa Zahabu na miliyoni eshatu z’amashilingi (hafi miliyoni n’igice z’amanyarwanda), mu gihe uwa kabiri yahebwe miliyoni ebyiri z’amashilingi (hafi miliyoni imwe y’amafaranga y’u Rwanda).
Umwanya wa gatatu wagenewe miliyoni y’amashilingi angana n’ibihumbi hafi 500.000 by’amafaranga y’u Rwanda, naho uwa kane ugenerwa ibihumbi 100.000 by’amashilingi angama n’ ibihumbi 50 by’amanyarwanda. Ibi bihembo byatanzwe ku bagabo n’abagore.
Abandi banyarwanda bitabiriye iri rushanwa ni Robert Kajuga na Potien Ntawuyirushintenge mu bagabo, na Innocente Uwamahoro.



















TANGA IGITEKEREZO