Mu bihe bitandukanye no mu Rwanda hagiye humvikana inkundura z’abapasiteri barwanira amaturo mu nsengero, ibyagiye bituma hari n’abayafitemo inshingano bagiye batabwa muri yombi bagatanga ibisobanuro ku gukoresha nabi amafaranga atangwa n’abayoboke b’ayo madini.
Urugero nko mu 2017 inkuru yabaye gikwira mu bitangazamakuru byo mu Rwanda ko hari abayobozi batatu mu Itorero rya Pentekote mu Rwanda (ADEPR), batawe muri yombi na Polisi y’Igihugu bakurikiranyweho gucunga nabi umutungo waryo.
Ese insengero zaba zarahindutse ubucuruzi?



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!