Yabivugiye mu kiganiro aherutse gukorana na radiyo ya Hot 97 FM. Ayra Starr yagaragaje ko aba batatu ari bo barenze muri Afrobeat.
Ayra Starr yabwiye umunyamakuru w’iyi radiyo, Angela Yee, mu kiganiro cyitwa “Way Up”, ati “Batatu beza kuri njye ni Tiwa Savage, Wizkid na Rema.”
Aganira na Billboard mu mpera za Mutarama ya 2026, Ayra Starr yari yavuze ko Burnaboy (na we ukora afrobeat) ari we muhanzi wa mbere yahitamo gukorana na we indirimbo. Hari mu kiganiro yari yatumiwemo nyuma yo kuba umwe mu bahatanira ibihembo bya Grammy bya 2026.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!