00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Amafoto: Miss Sandra Teta mu rukiko

Yanditswe na IGIHE
Kuya 28 March 2017 saa 08:09
Yasuwe :

Miss Sandra Teta yitabye Urukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge aburana ku bujurire bw’iminsi 30 yo gufungwa by’agateganyo nyuma y’uko byategetswe n’Urukiko rw’Ibanze rw’aka karere, asaba kurekurwa kuko ngo adashobora gutoroka.

Uyu mukobwa w’imyaka 25 y’amavuko, yabaye igisonga cya kabiri cya Miss SFB mu 2011. Aregwa ibyaha bibiri birimo ubuhemu no gutanga sheki itazigamiye. Yageze mu rukiko kuri uyu wa Mbere, tariki 27 Werurwe 2017, aherekejwe n’Umwunganizi we mu mategeko ndetse na mama we yari ahari.

Umwanzuro w’urukiko ku bujurire bwa Miss Sandra Teta uzasomwa kuwa Gatanu tariki ya 31 Werurwe 2017.

Miss Sandra Teta iminsi mike afungiwe muri Gereza ya Nyarugenge, ubu arimo kujurira ngo aburane adafunzwe
Sandra Teta ubwo yageraga ku Rukiko Rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa Mbere tariki ya 27 Werurwe 2017

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages