Ubukwe bwa Rommy Jones bwabaye ku itariki ya 1 Ukuboza 2017. Mu bantu b’ibyamamare bazwi batashye ubu bukwe harimo umukoresha we Diamond Platnumz n’umugore we Zari the boss lady bari bagaragiye abageni.
Ubukwe bwa Rommy Jones kandi bwagaragayemo abahanzi bakomeye by’umwihariko abakorana bya hafi na Waasafi Classic Baby ya Diamond barimo Rayvany, Harmonize, Rich Mavoko n’abandi.
Rommy Jones arushinze nyuma y’igihe gito gishize Professor Jay akoze ubukwe ndetse umuraperi AY na we amaze iminsi avugwaho ko ari mu myiteguro yo kurushingana n’umunyarwandakazi bakundana.



















TANGA IGITEKEREZO