Rahman Jago aherutse gusangiza abamukurikira amashusho ya Burna Boy asingiza Allah, izina Abayisilamu bita Imana.
Ni amashusho yashyize ku rubuga rwa X, yongeraho ati “Allahu Akbar” bisobanuye ko Imana ari yo nkuru.
Burna Boy yari asanzwe ari umukirisitu. Kwinjira kwa Burna Boy muri Islam ntabwo ari bishya kuko byatangiye kuvugwa mu mpera z’umwaka ushize, gusa we yirinda kugira icyo abivugaho. Ni ubwa mbere umwe mu nshuti ze atangaje ko koko uyu mugabo yinjiye muri iri dini.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!