Ronaldo yagombaga kuzakina muri iyo film ari we mukinnyi mukuru ariko uyu muherwe yavuze ko adashaka ko Ronaldo ajya muri filim ye ahubwo azemera akamuha miliyoni 22 z’amadorali y’Amerika aho kugira ngo ayikinemo.
Yagize ati:” Simushaka muri filim ivuga ku buzima bwanjye. Ibi nabyumvikanyeho na Martin Scorsese. Ronaldo ntabwo azagaragara muri iyi film. Ambabarire niba yumva ari ukumutesha agaciro. Mu buzima bimwe ubigeraho ibindi ntubigereho. Nibiba ngomba kumwishyura miliyoni 22 z’amadorali nzazimuha jye ubwanjye.”
Mu masezerano Ronaldo yasinye mbere yo guhabwa uyu mwanya harimo ingingo ivuga ko aramutse abujijwe gukina nyuma yakwishyurwa miliyoni 10 z’ama-Euro ariko abanyamategeko b’uyu mukinnyi bahisemo kwaka ayikubye kabiri.



















TANGA IGITEKEREZO