00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Imyiyereko y’abanyamideli muri Kigali Fashion Week

Yanditswe na Ferdinand Maniraguha
Kuya 25 June 2016 saa 06:00
Yasuwe :

Kabagema umaze imyaka 30 amurika imideli na Franco wazamuwe na KFW
Uru rukweto rwemeje benshi
Imideli yahanzwe n'uwitwa Jamil Walji wo muri Kenya
Jamil Walji wo muri Kenya n'abamufashije kumurika imideli
Abanyamideli bo mu Rwanda bafashije Jamil Walji
Uyu yiyerekanye mu mideli izwi cyane mu Buhinde
Ange Karigirwa yiyerekanye
Jamil Walji ysihimiye uko imideli ye yakiriwe
Ibirori byitabiriwe bishimishije
Ibirori byabereye i Nyarutarama kuri Century Park
Yerekanaga imideli yo mu Buhinde
Lynca Amanda Kaneza, uheruka gutsindira igihembo cy’umurika imideli uhiga abandi mu Rwanda
Umunyamideli Jay D yiyerekana mu mwambaro wo gusohokana, yambitswe na Delphine Fashion House
N'abanyamahanga biyerekanye mu myambaro bambitswe na Delphine Fashion House
Lynca Kaneza mu mwambaro wo gusohokana, wakozwe na Delphine Fashion House
Ishusho ngari yabambitswe na Delphine Fashion House
Yambaye imyenda yerekana ko yishimiye kuba 'Umunyarwanda'
Judith Heard Kantengwa
Uyu yerekanaga imyenda yahanzwe na Turahirwa muri Moshon House
Umunyanijeriya Johni Wuuki
Abanyamideli bafashije Turahirwa kwerekana ibihangano by'imideli bishya
Bafashe ifoto y'urwibutso nyuma y'ibirori

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages