Ibi Aisha yabigarutseho mu kiganiro yagiranaga na Irene Murindahabi, aho yagezemo hagati akumvikana mu mgamabo agira ati “Ngo abagabo ba ndi imbere, ngo abagabo mu muhanda[...] nk’umuntu watoranyije bariya bana ba CTU kuki yatwaye abagabo bacu bose? Agasiga amagweja, ibimonyo n’ibiki…’’
N'ubuhe butumwa cga Umugani wagenera AISHA wise abagabo Bose ko Ari ibimonyo ??🤔 pic.twitter.com/a5a3ZiWkK9
— UMPERUKA CYERA (@umperukacyera0) July 19, 2024
Nyuma y’aya magambo y’uyu mukobwa benshi batangiye kumwibasira bavuga ko atakwiriye kuvuga atyo, abandi bakavuga ko abamwibasiye ari uko ibyo yavugaga ari ukuri.
Nk’umwe mu batanze ibitekerezo ku mashusho uwitwa Umperuka Cyera yasangije abamukurikira kuri X, yagize ati “Iyo uteye ibuye mu gihuru ibwejuye niyo uba uhamije.’’
Manzi. K. Shyerezo we yagize ati “Iyo urukweto rugukwiye urarwambara, niba warumvise ko uri ikimonyo ubwo uricyo nyine. Naho ubundi umuntu aba afite uburenganzira busesuye bwo gutanga ibitekerezo bye.’’
Undi we yaje yumiwe ati “Aba CTU bose yababengukiye icyarimwese bahu?’’
Hari undi wafashe ifoto ya Aisha n’undi mukobwa, aravuga ati “Wenda uyu ubanza avuze ngo abahungu ni amagweja nabyumva ariko se nka Aisha abivuga yishingikirije iki koko?”
Njye inama nagira abakobwa,nshingiye kuriyi ngingo,nukugabanya kwigira inshyomotsi kubagabo.Kuko hari abo biviramo ibibazo bikomeye.
— TAPI (@Nawebaguhe) July 19, 2024
Wenda uyu ubanza avuze ngo abahungu ni amagweja nabyumva ark x nka aisha abivuga yishingikirije iki koko 😂😂💀? pic.twitter.com/NXtxomV3pq
— Ngomi100⚒️👹 (@ngomijanaaa) July 19, 2024
Niba ntiyumvamo ko ntari amagweja ubwo naba mbabazwa n’iki? Ubwo niba byakubabaje Aisha yakuvuzeho tu😂😂😂😂😂
— BOMBE YA KAYONZA🚀💣 (@BoscoManirabona) July 19, 2024
Abahungu bo kuri X ngo babayiki x Kandi?
Ngo Aisha yabise amagweja😂 pic.twitter.com/Dc4Gwqnj3h
— ⚜️⚜️◽LOXANE◽⚜️⚜️ (@ateteloxane) July 19, 2024



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!