Lopez ubwo yatangazaga iby’iki cyemezo yavuze ko iyi album izaba ifitanye isano n’iyo yise ’This Is Me... Then’ yashyize hanze mu 2002.
Nyuma y’imyaka 20 asohoye ‘This is me…Then’ uyu muhanzikazi akaba n’umukinnyi wa filime, mu gace gato yashyize hanze ka album ye nshya aba agaragaza impinduka yagize muri iyo myaka ishize.
Uyu muhanzikazi uzwi ku izina rya ‘J Lo’ yari aherutse gushyira hanze filime yise ‘Marry me’, yari kubiyemo indirimbo nyinshi yakoze nka ‘On my way’, ‘Marry me’ yakoranye na Maluma, n’izindi.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!