00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Lady Gaga yibarutse imfura ku myaka 40

Yanditswe na IGIHE
Kuya 12 September 2026 saa 12:40
Yasuwe :

Lady Gaga w’imyaka 40 n’umukunzi we Michael Polansky, bibarutse imfura we nk’uko by’atangajwe n’itangazamakuru ryo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.

Hari amafoto yagiye hanze agaragaza Lady Gaga n’umugabo we bari mu muhanda, uyu mugore afite umwana.

Lady Gaga, amazina ye asanzwe ni Stefani Germanotta, amaze imyaka itandatu akundana na Michael Polansky. Bombi basezeranye mu 2024.

Uyu muhanzikazi ari mu bazwi cyane ku Isi, wamamaye mu ndirimbo zirimo Bad Romance, Poker Face na Shallow.

Hari hashize igihe Lady Gaga avuga ko yifuza kwibaruka
Lady Gaga yari ateruye umwana ari kumwe n'umugabo we (uri imbere wambaye ingofero)
Lady Gaga yibarutse umwana w'imfura ku myaka 40

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Kwamamaza

Special pages