00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ray Music, Label nshya mu ruhando rwa muzika nyarwanda

Yanditswe na

Hamenya John Robert

Kuya 10 September 2013 saa 04:52
Yasuwe :

Studio isanzwe itunganya umuziki yitwa Ray Music yatangiye gukorera abahanzi ibahurije hamwe, ari byo bizwi ku izina rya Label. Ije ikurikira Kina Music ya Producer Clement Ishimwe, BRMI yo muri Bridge Records, The Supel Level, Ibisumizi ya Riderman n’izindi.
Aganira na IGIHE, Producer Ray P usanzwe utunganya indirimbo yavuze ko iyi Label izaba yitwa “Ray Music Label”. Biravugwa ko ishobora kuzaba irimo abahanzi Fireman, Dr Jiji, P-Fla n’abandi.
Kuri ubu iyi studio yamaze kuzana (…)

Studio isanzwe itunganya umuziki yitwa Ray Music yatangiye gukorera abahanzi ibahurije hamwe, ari byo bizwi ku izina rya Label. Ije ikurikira Kina Music ya Producer Clement Ishimwe, BRMI yo muri Bridge Records, The Supel Level, Ibisumizi ya Riderman n’izindi.

Aganira na IGIHE, Producer Ray P usanzwe utunganya indirimbo yavuze ko iyi Label izaba yitwa “Ray Music Label”. Biravugwa ko ishobora kuzaba irimo abahanzi Fireman, Dr Jiji, P-Fla n’abandi.

Kuri ubu iyi studio yamaze kuzana utunganya indirimbo ari we Papa Emile, wavanywe muri Kenya, uyu akaba ari nawe watunganyije indirimbo yitwa “Antere Ibuye” Dr Jiji yaririmbanye na Bruce Melody ndetse n’umuraperi Ama-G The Black.

Kuri ubu ntiharamenyekana neza urutonde rw’abahanzi bazaba bagize iyi Label; gusa bazaba biganjemo abasanzwe bakorana bya hafi na hafi na Producer Ray P umuyobozi wayo.

Antere Ibuye, indirimbo yakorewe muri Ray Music Label:


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages