Ni mu gitaramo cyaherekeje umunsi wa mbere wa Rwanda Day iri kubera muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, mu mujyi wa Washington DC cyabaye kuri uyu wa Gatanu tariki 2 Gashyantare 2024.
Teta yaririmbye zimwe mu ndirimbo yakoze mu myaka yatambutse zirimo ‘Birangwa’anifashishiza iza Kamaliza zirimo ‘Intare Batinya’ na Humura Rwanda’.
Nyuma yo gutaramira abitabiriye umunsi wa mbere wa Rwanda Day, Teta yijeje ko yongera kubasogongeza mu gitaramo gisoza iki gikorwa kuri uyu wa Gatandatu.



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!