IGIHE yamenye ko aba bombi bahagurutse mu Rwanda, ku wa Kabiri tariki 9 Mutarama 2023, berekeza i Mombasa kwizihiza umubano wabo mushya.
Aba bombi bagiye mu biruhuko by’ukwezi kwa buki, nyuma y’ibyumweru bisaga bibiri bakoze ubukwe.
Bagiye kandi mu biruhuko, nyuma y’iminsi uyu muhanzi ashyize hanze indirimbo yise ‘Ni Forever’ nyuma y’imyaka isaga ibiri atumvikana mu muziki.
AMASHUSHO: The Ben na Uwicyeza Pamella bagiye mu biruhuko by’ukwezi kwa buki i Mombasa muri Kenya. pic.twitter.com/6RlvEMEJu6
— IGIHE (@IGIHE) January 10, 2024



















TANGA IGITEKEREZO
AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE
Witandukira kubijyanye n'iyi nkuru; wikwandika ibisebanya, ibyamamaza cyangwa bivangura; wikwandika ibiteye isoni, Wifuza kubona byihuse ibivugwa/ibisubizo ku gitekerezo cyawe, andika email yawe ahabugenewe. Ibi bidakurikijwe igitekerezo cyanyu gishobora kutagaragara hano cyangwa kigasibwa.
Igitekerezo cyawe kigaragara nyuma y'isuzuma rikorwa na IGIHE.com , Murakoze!