00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Bakoze igitaramo cyo kubyinira Imana “Drama”

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 7 August 2013 saa 12:40
Yasuwe :

Mu myaka icyenda ishize, Itsinda Shining Stars rya Restoration Church ishami rya Remera ryakoze igitaramo ku nshuro ya kane. Iki gitaramo cyabereye ku Itorero rya CLA (Christian Life Assembly) i Nyarutarama kuri iki Cyumweru.
Bamwe mu bari muri iki gitaramo harimo umubwiriza butumwa Patrick Masasu.
Hari harimo kandi n’abahanzi nka Aimé Uwimana, Guy Badibanga, Arsène Manzi, Luc Buntu, Shekinah Dance na Mass Drama (Drama teams zishyize hamwe).
cyari gifite insanganamatsiko igira iti (…)

Mu myaka icyenda ishize, Itsinda Shining Stars rya Restoration Church ishami rya Remera ryakoze igitaramo ku nshuro ya kane. Iki gitaramo cyabereye ku Itorero rya CLA (Christian Life Assembly) i Nyarutarama kuri iki Cyumweru.

Bamwe mu bari muri iki gitaramo harimo umubwiriza butumwa Patrick Masasu.
Hari harimo kandi n’abahanzi nka Aimé Uwimana, Guy Badibanga, Arsène Manzi, Luc Buntu, Shekinah Dance na Mass Drama (Drama teams zishyize hamwe).

cyari gifite insanganamatsiko igira iti "Hamwe n’impano zacu tuzane benshi kuri Kristo" biboneka muri mutabo cya Bibiriya muri 1korinto 9:19-23.

Fanny, umuyobozi wiri tsinda, yabwiye IGIHE ko yishimiye uko iki gitaramo cyagenze. Iri tsinda rimaze imyaka icyenda rihimbaza Imana rikoresheje imbyino.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages