Uyu muririmbyi w’injyana ya Pop, yagaragaje imyitwarire idahwitse, ubwo yari kuri imwe mu mazu afatirwamo amafunguro, akifata akihagarika mu ndobo y’umukozi waho.
Ubwo yakoraga ibyo, Justin Beiber yisobanuye agira ati “ Nabikoze mbona ari byo binyoroheye kurusha kunyara ahabugenewe”.
Urubuga 7sur7 rwanditse ko yakomeje avuga ko yashakaga gukora itandukaniro, mu gihe abandi bihagarika ahabugenewe.
Ntibyarangiriye aho kuko we n’abo bari kumwe bahise bikomereza bagera ahari imwe mu mafoto ya Bill Clinton wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, nayo arayituka arayandagaza.
Kanda HANO urebe Justin Beiber yihagarika mu ndobo



















TANGA IGITEKEREZO