00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Beiber yabonywe yihagarika mu ndobo y’umukozi w’ahafatirwa amafunguro

Yanditswe na

Patrick Munyentwari

Kuya 11 July 2013 saa 12:17
Yasuwe :

Uyu muririmbyi w’injyana ya Pop, yagaragaje imyitwarire idahwitse, ubwo yari kuri imwe mu mazu afatirwamo amafunguro, akifata akihagarika mu ndobo y’umukozi waho.
Ubwo yakoraga ibyo, Justin Beiber yisobanuye agira ati “ Nabikoze mbona ari byo binyoroheye kurusha kunyara ahabugenewe”.
Urubuga 7sur7 rwanditse ko yakomeje avuga ko yashakaga gukora itandukaniro, mu gihe abandi bihagarika ahabugenewe.
Ntibyarangiriye aho kuko we n’abo bari kumwe bahise bikomereza bagera ahari imwe mu mafoto (…)

Uyu muririmbyi w’injyana ya Pop, yagaragaje imyitwarire idahwitse, ubwo yari kuri imwe mu mazu afatirwamo amafunguro, akifata akihagarika mu ndobo y’umukozi waho.

Ubwo yakoraga ibyo, Justin Beiber yisobanuye agira ati “ Nabikoze mbona ari byo binyoroheye kurusha kunyara ahabugenewe”.

Urubuga 7sur7 rwanditse ko yakomeje avuga ko yashakaga gukora itandukaniro, mu gihe abandi bihagarika ahabugenewe.

Ntibyarangiriye aho kuko we n’abo bari kumwe bahise bikomereza bagera ahari imwe mu mafoto ya Bill Clinton wahoze ari Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, nayo arayituka arayandagaza.

Kanda HANO urebe Justin Beiber yihagarika mu ndobo


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages