Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 24 Nyakanga, hatowe abahanzi 12 bagomba gukomeza muri ½ cy’iri rushanwa.
Aba bahanzi bari batowe muri 46 baturutse mu Ntara 17 zo mu Burundi, bisobanuye ko 34 bahise basezererwa.
Igitaramo cyo gutangaza abahanzi batandatu bazakomeza mu cyiciro cya nyuma cy’iri rushanwa bizaba ku wa Gatandatu, bikazabera mu Ntara ya Gitega. Gusoza iri rushanwa bizaba ku itariki ya 14 Nzeri i Bujumbura, aho uwa mbere azegukana miliyoni 15 z’Amarundi ni ukuvuga arenga miliyoni 7 z’Amanyarwanda.
Umuhanzi Bigg Fizzo niwe uri gususurutsa abitabira ibi bitaramo.



















TANGA IGITEKEREZO