00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Chris Brown akomeje kubangamira abaturanyi

Yanditswe na

Munyentwari Patrick

Kuya 20 June 2013 saa 10:41
Yasuwe :

Uyu muhanzi w’icyamamare yirengagije gusiba ibishushanyo yashyize ku ruzitiro rw’inzu ye, nyuma y’uko abaturanyi bagaragarije ko babangamiwe.
Kuva muri Gicurasi, abaturage bihangirije ubuyobozi bwa Los Angeles aho Chris Brown atuye, basaba ko uyu muririmbyi yasiba ibishushanyo yashyize ku rugo rwe kuko bitanga isura batifuza y’agace batuyemo.
Urubuga 7sur7 rwanditse ko Chris Brown yihanangirijwe n’ubuyobozi ariko akomeza kugaragaza ko ntacyo bimubwiye, ko ahubwo ari umutako yashatse (…)

Uyu muhanzi w’icyamamare yirengagije gusiba ibishushanyo yashyize ku ruzitiro rw’inzu ye, nyuma y’uko abaturanyi bagaragarije ko babangamiwe.

Kuva muri Gicurasi, abaturage bihangirije ubuyobozi bwa Los Angeles aho Chris Brown atuye, basaba ko uyu muririmbyi yasiba ibishushanyo yashyize ku rugo rwe kuko bitanga isura batifuza y’agace batuyemo.

Urubuga 7sur7 rwanditse ko Chris Brown yihanangirijwe n’ubuyobozi ariko akomeza kugaragaza ko ntacyo bimubwiye, ko ahubwo ari umutako yashatse kwishyirira ku rugo rwe, kugira ngo hagaragare uko abyifuza.

Nubwo yabwiwe ko naramuka atabikuyeho, azacibwa Amande kugeza ubu Chris Brown yerekanye ko ibyo bamurega ntacyo bivuze.

Chris Brown araregwa kwanduza agace atuyemo akoresheje ibishushanyo ashyira ku rugo rwe
Chris Brown arigukora ibyo anengwa
Bimwe mu bigaragaza aho Chris Brown atuye

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages