00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Chris Brown asigaye yibanira n’umukunzi we Karrueche Tran

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 27 May 2013 saa 11:22
Yasuwe :

Nyuma yo gutandukana na Rihanna, umuhanzi Chris Brown asigaye yibanira mu nzu imwe n’umukunzi we Karrueche Tran baherukaga gutandukana.
Urubuga TMZ ruvuga ko kuva mu gihe Chris Brown yizihirizagaho isabukuru ye y’imyaka 24 (tariki ya 5 Gicurasi), ubu asigaye abana n’uyu mukobwa.
Uru rubuga ruvuga kandi ko ngo Karrueche yazanye byinshi mu bikoresho bye nk’imyenda n’bindi mu nzu ya Chris Brown.
Basigaye bakunda gufotorwa batemberana.
Muri iyi minsi kandi Rihanna usa n’uwanzwe na Chris (…)

Nyuma yo gutandukana na Rihanna, umuhanzi Chris Brown asigaye yibanira mu nzu imwe n’umukunzi we Karrueche Tran baherukaga gutandukana.

Urubuga TMZ ruvuga ko kuva mu gihe Chris Brown yizihirizagaho isabukuru ye y’imyaka 24 (tariki ya 5 Gicurasi), ubu asigaye abana n’uyu mukobwa.

Uru rubuga ruvuga kandi ko ngo Karrueche yazanye byinshi mu bikoresho bye nk’imyenda n’bindi mu nzu ya Chris Brown.

Basigaye bakunda gufotorwa batemberana.

Muri iyi minsi kandi Rihanna usa n’uwanzwe na Chris Brown ari guhura n’abamutuka babinyujije kuri twitter. Abo barimo Amanda Bynes uherutse kwandika ko Rihanna yanzwe kubera ko ari mubi.

Chris Brown na Karruecha basigaye bibanira mu nzu imwe
Amanda Bynes yanditse avuga ko Rihanna yanzwe kuko ari mubi
Iyi mpanuka iri mu biheruka kugaragaza ko Chris Brown agikundana na Karrueche

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages