00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Jason Derulo yaguze inzu nshya ya miliyari

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 7 August 2013 saa 01:41
Yasuwe :

Umuhanzi Jason Derulo, waririmbye indirimbo “Don’t Wanna Go Home”, yatanze akayabo ka miliyari imwe na miliyoni ijana na mirongo itatu na zirindwi n’ibihumbi magana atanu (1,137,500,000Rwf) agura inzu nshya iherereye muri Florida y’Amajyepfo.
Iyi nzu ifite ibyumba birenga icyenda ifite ibyangombwa byose amazu y’ibyamamare muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika akuze kuba afite nk’ubwogero, ibibuga, ibikoni binini, ubusitani n’ibindi.
Urubuga Celebuzz dukesha iyi nkuru rwanditse ko Jason Derulo (…)

Umuhanzi Jason Derulo, waririmbye indirimbo “Don’t Wanna Go Home”, yatanze akayabo ka miliyari imwe na miliyoni ijana na mirongo itatu na zirindwi n’ibihumbi magana atanu (1,137,500,000Rwf) agura inzu nshya iherereye muri Florida y’Amajyepfo.

Iyi nzu ifite ibyumba birenga icyenda ifite ibyangombwa byose amazu y’ibyamamare muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika akuze kuba afite nk’ubwogero, ibibuga, ibikoni binini, ubusitani n’ibindi.

Urubuga Celebuzz dukesha iyi nkuru rwanditse ko Jason Derulo azabana muri iyi nzu n’umukunzi we Jordin Sparks.

Uyu Jason Derulo, w’imyaka 26, aheruka kuza mu Rwanda mu gitaramo gisoza irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star II.

Ngiyi inzu nshya Jason yaguze
Jordin Sparks umukunzi wa Jason Derulo

"The Other Side" indirimbo nshya ya Jason Derulo:


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages