00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Jay-Z yifatanyije na Kanye West mu kwizihiza isabukuru y’amavuko

Yanditswe na

Thamimu Hakizimana

Kuya 10 June 2013 saa 06:38
Yasuwe :

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Kamena umuraperi w’Umunyamerika Kanye West yizihije isabukuru y’imyaka 36 y’amavuko mu mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.
Uyu muhango wari urimo ibyamamare Jay Z n’umugore we Beyonce. Hari harimo kandi n’umuraperi Nas.
Kuri uyu munsi, umukunzi we Kim Kardashian, umutwitiye umwana yamwoherereje ubutumwa bugira buti “Umunsi mwiza w’amavuko nshuti magara, rukundo rw’ubuzima bwanjye, roho yanjye!!!!!! Ndagukunda kurusha amagambo!”
Dore amwe (…)

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 8 Kamena umuraperi w’Umunyamerika Kanye West yizihije isabukuru y’imyaka 36 y’amavuko mu mujyi wa New York muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika.

Uyu muhango wari urimo ibyamamare Jay Z n’umugore we Beyonce. Hari harimo kandi n’umuraperi Nas.

Kuri uyu munsi, umukunzi we Kim Kardashian, umutwitiye umwana yamwoherereje ubutumwa bugira buti “Umunsi mwiza w’amavuko nshuti magara, rukundo rw’ubuzima bwanjye, roho yanjye!!!!!! Ndagukunda kurusha amagambo!”

Dore amwe mu mafoto y’uko byari byifashe:


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages