00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Juliana arahakana avuga ko nta rukundo arimo na Ian

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 17 May 2013 saa 04:30
Yasuwe :

Mu minsi ishize muri Uganda hahwihwiswaga ko umuhanzi Julina ari gushaka uko yakwimukira muri Kenya bityo akabana na Ian Mbugua uzwi nk’umwe mu bagize akanama nkemurampaka mu marushanwa ya Tusker Project Fame-TPF.
Gusa Juliana yanyujije ubutumwa kuri facebook avuga ko ibi ari ibihuha, ashimangira ko nta rukundo afitanye na Ian ahubwo ko bahuzwa n’akazi gusa.
Yagize ati “Nabonye ibihuha bidafite shinge na rugero kuri facebook none nashakaga gushimangira nti ‘sinteganya gushyingirwa na (…)

Mu minsi ishize muri Uganda hahwihwiswaga ko umuhanzi Julina ari gushaka uko yakwimukira muri Kenya bityo akabana na Ian Mbugua uzwi nk’umwe mu bagize akanama nkemurampaka mu marushanwa ya Tusker Project Fame-TPF.

Gusa Juliana yanyujije ubutumwa kuri facebook avuga ko ibi ari ibihuha, ashimangira ko nta rukundo afitanye na Ian ahubwo ko bahuzwa n’akazi gusa.

Juliana

Yagize ati “Nabonye ibihuha bidafite shinge na rugero kuri facebook none nashakaga gushimangira nti ‘sinteganya gushyingirwa na Ian’”

Imwe mu mafoto yatumye benshi bacika ururondogoro-Juliana afashe ku rutugu rwa Ian (babiri babanza i bumoso)

Juliana Kanyomozi akunda guhurira na Ian mu kazi basangiye ko gutanga amanita ku bahanzi bo muri TFP muri Kenya.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages