Gafotozi witwa Daniel Ramos yagejeje mu rukiko ikirego aregamo umuraperi Kanye aho amushinja ko yamuhohoteye ku kibuga cy’indege cya Los Angeles muri Nyakanga.
Uwunganira uyu muraperi yavuze ko Kanye nta cyaha afite asobanura ko yashakaga kubuza gafotozi kumufotora gusa.
Aramutse ahamwe n’icyaha Kanye yafungwa amezi atandatu.
Urubanza ruzasomwa tariki 10 Ukwakira uyu mwaka.
Dore uko byagenze mu mafoto:



















TANGA IGITEKEREZO