00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Kanye West yajyanywe mu nkiko aregwa gusagarira gafotozi

Yanditswe na
Kuya 20 September 2013 saa 07:39
Yasuwe :

Gafotozi witwa Daniel Ramos yagejeje mu rukiko ikirego aregamo umuraperi Kanye aho amushinja ko yamuhohoteye ku kibuga cy’indege cya Los Angeles muri Nyakanga.
Uwunganira uyu muraperi yavuze ko Kanye nta cyaha afite asobanura ko yashakaga kubuza gafotozi kumufotora gusa.
Aramutse ahamwe n’icyaha Kanye yafungwa amezi atandatu.
Urubanza ruzasomwa tariki 10 Ukwakira uyu mwaka.
Dore uko byagenze mu mafoto:

Gafotozi witwa Daniel Ramos yagejeje mu rukiko ikirego aregamo umuraperi Kanye aho amushinja ko yamuhohoteye ku kibuga cy’indege cya Los Angeles muri Nyakanga.

Uwunganira uyu muraperi yavuze ko Kanye nta cyaha afite asobanura ko yashakaga kubuza gafotozi kumufotora gusa.

Aramutse ahamwe n’icyaha Kanye yafungwa amezi atandatu.

Urubanza ruzasomwa tariki 10 Ukwakira uyu mwaka.

Dore uko byagenze mu mafoto:


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages