00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Lewis Hamilton yaba agiye gusubirana n’umuhanzi Nicole Scherzinger

Yanditswe na

Patrick Munyentwari

Kuya 5 August 2013 saa 10:28
Yasuwe :

Hamilton Lewis uzwi nk’igihangange cya mbere ku isi mu mukino wo gutwara imodoka we n’uwahoze ari umukunzi we Nicole Scherzinger baba bagiye gusubirana nyuma y’igihe batandukanye.
Umuhanzi mu njyana ya pop Nicole Scherzinger na Lewis Hamilto baherukaga gutandukana mu kwezi gushize, nyuma y’imyaka itanu bakundana.
Urubuga Dailymail rutangaza ko aba bombi basanze bigoye kubaho batari kumwe, bituma bafata icyemezo cyo gusubirana nubwo bateruye ngo bemeze ko bahise babasubirana. (…)

Hamilton Lewis uzwi nk’igihangange cya mbere ku isi mu mukino wo gutwara imodoka we n’uwahoze ari umukunzi we Nicole Scherzinger baba bagiye gusubirana nyuma y’igihe batandukanye.

Umuhanzi mu njyana ya pop Nicole Scherzinger na Lewis Hamilto baherukaga gutandukana mu kwezi gushize, nyuma y’imyaka itanu bakundana.

Nicole Scherzinger na Hamilton Lewis baba bagiye gusubirana

Urubuga Dailymail rutangaza ko aba bombi basanze bigoye kubaho batari kumwe, bituma bafata icyemezo cyo gusubirana nubwo bateruye ngo bemeze ko bahise babasubirana.

Nicole Sherzinger na Lewis Hamilton bari bamaze imyaka itanu bakundana

Biravugwa ko aba bombi bari gukora iyo bwabaga, kugira ngo bongere gusubirana bashaka kubihuza nuko bombi ari ibyamamare.

Lewis na NIcole bari bamaze ukwezi kumwe batandukanye

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages