00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Mu gice cya kabiri cya filimi’’ Avatar’’ hazagaragaramo umukinnyi ukomeye muri ’’ Teriminator’’

Yanditswe na

Hamenya John Robert

Kuya 2 August 2013 saa 12:08
Yasuwe :

Umwanditsi w’amafilimi James Cameron yamaze gutangaza ko yaguze ubutaka bw’ahazakinirwa igice cya kabiri cya filimi “Avatar” muri Nouvelle Zelande.
James Cameron wamamaye muri Hollywood nk’umwanditsi w’amafilimi, avuga ko mu gice cya Kabiri yazanye umukinnyi “Josh Fried Man” wamenyekanye muri filimi izwi nka “Teminator” ubwo yakinanaga Na “Arnold Shwazneger”.
Urubuga 7sur7 rwanditse ko James Cameron yanifashishije aba bakinnyi barimo ‘’The Sarah Connor”, “Chronicles’’, ndetse na (…)

Umwanditsi w’amafilimi James Cameron yamaze gutangaza ko yaguze ubutaka bw’ahazakinirwa igice cya kabiri cya filimi “Avatar” muri Nouvelle Zelande.

James Cameron wamamaye muri Hollywood nk’umwanditsi w’amafilimi, avuga ko mu gice cya Kabiri yazanye umukinnyi “Josh Fried Man” wamenyekanye muri filimi izwi nka “Teminator” ubwo yakinanaga Na “Arnold Shwazneger”.

Urubuga 7sur7 rwanditse ko James Cameron yanifashishije aba bakinnyi barimo ‘’The Sarah Connor”, “Chronicles’’, ndetse na Josh Fried Man.

Ibice bizakurikira Avatar yabanje (icya kabiri n’icya gatatu), bizakinirwa rimwe, bikazategurwa n’abanditsi b’amafilimi bazafatanya na James Cameron nka Zoe Saldan; Sam Worthington.

Nk’uko bitangazwa na James Cameron ngo biteganyijwe ko filimi “Avatar” izashyirwa ahagaragara mu mwaka wa 2015.


Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages