Mu ntangiriro z’iki cy’umweru umuraperikazi w’Umunyamerika, Nicki Minaj yamenye ko hari umuvandimwe we witwa Ming atari yarigeze amenya mbere.
Urubuga Media Take Out rwatangaje ko uwo mwana yabyawe na se wa Nicki Minaj ariko ko ntacyo yari yarigeze atangariza uyu muhanzi.
Runavuga kandi ko usesenguye ishusho y’uyu mwana n’iya Nicki Minaj basa.
Nicki Minaj yabyawe na Robert Maraj, wari umugabo w’umusinzi cyane ndetse wajyaga rimwe na rimwe uvuga kubw’inzoga nyinshi ko azatwikira umuryango we.
Minaj yakuriye kwa nyirakuru aho yasurwaga rimwe na rimw na nyina wakoze utuzi dutandukanye turimo no kuririmba indirimbo zihimbaza Imana.



















TANGA IGITEKEREZO