00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Nicki Minaj yamenye murumuna we atari yarigeze abona

Yanditswe na

Richard Irakoze

Kuya 19 June 2013 saa 11:18
Yasuwe :

Mu ntangiriro z’iki cy’umweru umuraperikazi w’Umunyamerika, Nicki Minaj yamenye ko hari umuvandimwe we witwa Ming atari yarigeze amenya mbere.
Urubuga Media Take Out rwatangaje ko uwo mwana yabyawe na se wa Nicki Minaj ariko ko ntacyo yari yarigeze atangariza uyu muhanzi.
Runavuga kandi ko usesenguye ishusho y’uyu mwana n’iya Nicki Minaj basa.
Nicki Minaj yabyawe na Robert Maraj, wari umugabo w’umusinzi cyane ndetse wajyaga rimwe na rimwe uvuga kubw’inzoga nyinshi ko azatwikira (…)

Mu ntangiriro z’iki cy’umweru umuraperikazi w’Umunyamerika, Nicki Minaj yamenye ko hari umuvandimwe we witwa Ming atari yarigeze amenya mbere.

Urubuga Media Take Out rwatangaje ko uwo mwana yabyawe na se wa Nicki Minaj ariko ko ntacyo yari yarigeze atangariza uyu muhanzi.

Runavuga kandi ko usesenguye ishusho y’uyu mwana n’iya Nicki Minaj basa.

Nicki Minaj yabyawe na Robert Maraj, wari umugabo w’umusinzi cyane ndetse wajyaga rimwe na rimwe uvuga kubw’inzoga nyinshi ko azatwikira umuryango we.

Minaj yakuriye kwa nyirakuru aho yasurwaga rimwe na rimw na nyina wakoze utuzi dutandukanye turimo no kuririmba indirimbo zihimbaza Imana.

Abashishozi bavuga ko isura y'uyu mwana isa n'iya Nicki Minaj
Murumuna wa Nicki Minaj
Nicki Minaj

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages