00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

P – Square baguze ibikoresho byo mu nzu birimo intebe, ameza n’imitako bya zahabu

Yanditswe na

Thamimu Hakizimana

Kuya 4 November 2013 saa 04:49
Yasuwe :

Itsinda rya P – Square rikomeje kugaragaza ko riri gukirira mu buhanzi; ubu ryerekanye bimwe mu bikoresho byo mu nzu yabo nshya birimo intebe, ameza n’indi mitako byose bikozwe muri zahabu.
Peter, umwe muri aba basore b’impanga yerekanye amafoto ane ariho we na mugenzi we Paul bari mu ruganiriro no mu ruriro rw’iyi nzu yabo nshya bigaragara ko ihenze cyane bitewe n’ibiyirimo.
N’ubwo bivugwa ko aba basore baba basigaye bakorana na shitani, bo kuri aya mafoto batangaje ko ibi byose (…)

Itsinda rya P – Square rikomeje kugaragaza ko riri gukirira mu buhanzi; ubu ryerekanye bimwe mu bikoresho byo mu nzu yabo nshya birimo intebe, ameza n’indi mitako byose bikozwe muri zahabu.

Intebe n'ibindi bikoresho byo mu nzu P Square babamo bikozwe muri zahabu

Peter, umwe muri aba basore b’impanga yerekanye amafoto ane ariho we na mugenzi we Paul bari mu ruganiriro no mu ruriro rw’iyi nzu yabo nshya bigaragara ko ihenze cyane bitewe n’ibiyirimo.

N’ubwo bivugwa ko aba basore baba basigaye bakorana na shitani, bo kuri aya mafoto batangaje ko ibi byose babigeraho binyuze mu gusenga cyane.

Ntibagaragaje neza agaciro k’ibi bikoresho, ariko bigaragara ko bihenze ku rwego rwo hejuru.

Intebe n'ibindi bikoresho byo mu nzu P Square babamo bikozwe muri zahabu
Nguru ruriro rwa P Square, ibikoresho byose biri muri Zahabu
Aha ni mu ruganiriro rwa P Square; hose hatatwe n'ibikoresho bya zahabu

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages