00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Paris Jackson avuga ko yanga urunuka Justin Beiber

Yanditswe na

Munyentwari Patrick

Kuya 17 June 2013 saa 01:20
Yasuwe :

Ubwo Paris Jackson aheruka gushyira hanze indirimbo “ Baby” yaririmbye, yahise aboneraho kunenga, Justin Beiber kubera imyitwarire iyobya urubyiruko isigaye imuranga.
Paris Jasckson ngo afite ishingiro ryo kunenga umuririmbyi Justin Beiber, kuko ari kwerekana imyitwarire itari myiza na gatoku rubyiruko rumukunda, bikaba byatuma abafana be bitwara nabi bakurije ibyo uyu muhanzi bemera akora.
Urubuga TMZ rwanditse ko Paris yavuze ko Justin Beiber adatinya kugaragariza imyitwarire irimo (…)

Ubwo Paris Jackson aheruka gushyira hanze indirimbo “ Baby” yaririmbye, yahise aboneraho kunenga, Justin Beiber kubera imyitwarire iyobya urubyiruko isigaye imuranga.

Paris Jasckson ngo afite ishingiro ryo kunenga umuririmbyi Justin Beiber, kuko ari kwerekana imyitwarire itari myiza na gatoku rubyiruko rumukunda, bikaba byatuma abafana be bitwara nabi bakurije ibyo uyu muhanzi bemera akora.

Urubuga TMZ rwanditse ko Paris yavuze ko Justin Beiber adatinya kugaragariza imyitwarire irimo kunywa ibiyobyabwenge mu ruhame

Indi imyitwarire idahwitse Justin Beiber anengwa,irimo kuba yaravuzweho inshuro nyinshi gutera abakobwa inda, gusohokana n’abakobwa bafite abakunzi, kuba rimwe na rimwe akunda kurwana n’ibindi.

Justin Beiber arashinjwa kurwana
Justin Beiber aririmba yambaye ubusa
Justin Beiber aranengwa gufata ibiyobyabwenge
Ubwo Justin Beiber ahuruka gufatwa anywa ibiyobyabwenge ku nshuro ya mbere

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages