00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Rihanna aragaragara nk’uri mu rukundo n’umukinnyi wa Arsenal

Yanditswe na

Patrick Munyentwari

Kuya 3 July 2013 saa 12:42
Yasuwe :

Lukas Podolski ameranye neza mu rukundo n’umuririmbyi Rihanna, nyuma yo gutandukana na Chris Brown. Ibi bikaba byatumye hari benshi batangira kwemeza ko Rihanna ashobora kuba ari mu rukundo nuyu mukinnyi.
Uyu mukinnyi w’umupira w’amaguru mu gihugu cy’u Budage, we na Rihanna bakomeje kugaragaza ko bameranye neza. Urugero ni amafoto yabo bari kumwe mu gitaramo uyu muririmbyi wa Pop aherutse gukorera muri Cologne.
Urubuga 7sur7 rwanditse ko uretse ibyo kandi bakomeje gukwiza amafoto (…)

Lukas Podolski ameranye neza mu rukundo n’umuririmbyi Rihanna, nyuma yo gutandukana na Chris Brown. Ibi bikaba byatumye hari benshi batangira kwemeza ko Rihanna ashobora kuba ari mu rukundo nuyu mukinnyi.

Uyu mukinnyi w’umupira w’amaguru mu gihugu cy’u Budage, we na Rihanna bakomeje kugaragaza ko bameranye neza. Urugero ni amafoto yabo bari kumwe mu gitaramo uyu muririmbyi wa Pop aherutse gukorera muri Cologne.

Urubuga 7sur7 rwanditse ko uretse ibyo kandi bakomeje gukwiza amafoto agaragaza ibihe byiza barimo, bombi bari kumwe kuva babonana.

Ibi byatangiye ubwo Lukas Podolski yabonaga Rihanna aririmba indirimbo “My Umbrella” agatwarwa, mu gitaramo cyabaye muri Weekend ishize, kuva ubwo amushakisha uruhindu ashirwa amubonye, barishimana.

Rihana mu bitaramo ari kugenda akora aravugwaho imyambarire iteye amakenga
Nyuma yo kubona Rihanna aririmba indirimbo “My Umbrella” Lukas Podolski yamuhigiye ku ruhindu kugeza amubonye
Rihanna na Lukas bari kurushaho gukwirakwiza amafoto y'ibihe byiza bagiye bagirana

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages