Robert Pattinson yatandukanye burundu na Kristen nyuma y’amezi atari macye Pattinson yihanganiye Kristen ku ngeso yarafite yo na kumuca inyuma.
Urukundo rw’aba bombi rwatangiye bakinanaga filime yitwa “Twilight”, bakaba
Amakuru dukesha urubuga rwa public avuga ko, mu mpera za 2012 Kristen yaciye inyuma Robert , arabyihangara ndetse amugirira imbabazi, mu gihe inshuti ze zamugiraga inama yo kumureka.
Ubwo Kristen yakinaga filime yitwa ’’Blanche Neige et le chasseur” akinana n’uwitwa Rupert Sanders, baje gukundana, bigeza ubwo Krisen aciye inyuma umukunzi we Robert.
Amakuru yatangajwe n’inshuti za hafi z’aba bakinnyi ba filime, avuga ko impamvu nyamukuru yatumye batandukana hagati ya Kristen Stewart na Robert hari hasigaye hahora intonganya bitewe n’uko Krisen yakomeje kugirana ubucuti mu ibanga na Rupert Sanders.
Robert Pattinson yananiwe gukomeza kwihanira kubona umukunzi we yandikirana ubutumwa bugufi n’inshoreke ye kuwa 23 Gicurasi yazanye ikamyo yo gupakira ibintu bye batandukana gutandukana ku mugaragaro.



















TANGA IGITEKEREZO