00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Robert Pattinson yongeye kubabarizwa mu rukundo

Yanditswe na

Munyentwari Patrick

Kuya 14 June 2013 saa 06:06
Yasuwe :

Umukinnyi w’amafilimi Robert Pattinson kuri ubu ngo arababaye cyane kuko nyuma yo gutandukana n’uwari umukunzi we, yamaze gucana umubano na Katy Perry yari yerekejeho urukundo.
Nk’uko byatangajwe n’abamuba hafi, ngo Robert Pattinson amerewe nabi kuko noneho ubu ari wenyine, n Yuma yo gushaka urukundo kwa Katy Perry ntibishoke, bitewe n’ijambo “Nasomye umukobwa” yavuze rikagwa nabi uyu mukobwa yashakagaho urukundo.
Nyamara ibi ngo bishobora kuba biterwa urukundo uyu muririmbyikazi (…)

Umukinnyi w’amafilimi Robert Pattinson kuri ubu ngo arababaye cyane kuko nyuma yo gutandukana n’uwari umukunzi we, yamaze gucana umubano na Katy Perry yari yerekejeho urukundo.

Nk’uko byatangajwe n’abamuba hafi, ngo Robert Pattinson amerewe nabi kuko noneho ubu ari wenyine, n Yuma yo gushaka urukundo kwa Katy Perry ntibishoke, bitewe n’ijambo “Nasomye umukobwa” yavuze rikagwa nabi uyu mukobwa yashakagaho urukundo.

Nyamara ibi ngo bishobora kuba biterwa urukundo uyu muririmbyikazi yari afitanye n’uwari umukunzi we John Mayer, rwari rutarashira.

Urubuga The Sun rwatangaje ko Robert ubu nta mahoro afite, kuko abona kuba yasubirana na Kristen bidashoboka, ibi bikaba birushaho kumushyira mu kato.

Robert atangaza ko abona icyamumara agahinda ari uko yakwerekeza mu muziki, agafata Gitari ye akicurangira, bitewe nuko abona ari byo bizatuma agira imbaraga zo kugira icyo akora.

Katy Perry wanze ko urukundo rwe na Robert Pattinson rushinga imizi
Katy Perry yanze gukunda urutamurimo
Robert Pattinson ubwo yari mu rukundo na Kristen Stewart, wahoze ari umukunzi we
No mu birori barasohokanaga, ariko ntibakiri kumwe

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages