00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ronaldo yagaragaje ko afitanye ubucuti bwa hafi na Rihanna

Yanditswe na

Umurerwa Emma-Marie

Kuya 29 May 2013 saa 05:41
Yasuwe :

Mu ijoro ryo ku wa kabiri tariki ya 28 umuhanzikazi Rihanna yakoreye igitaramo mu Gihugu cya Portugal, mu rwego rw’ibitaramo arimo gukorera hirya no hino ku isi yise "Diamonds World Tour".
Nk’uko bitangazwa n’urubuga rwa rihannadaily, igitaramo cya ’Diamonds World Tour’ muri Portugal ngo cyamugendekeye neza, kubera ubwinshi bw’abacyitabiriye.
Nyuma y’igitaramo, Cristiano Ronaldo yasuye Rihanna nk’umwe mu bakunzi be, bikaba bigaragazwa n’amafoto bifotoranyije.
Rihanna yahise ashyira (…)

Mu ijoro ryo ku wa kabiri tariki ya 28 umuhanzikazi Rihanna yakoreye igitaramo mu Gihugu cya Portugal, mu rwego rw’ibitaramo arimo gukorera hirya no hino ku isi yise "Diamonds World Tour".

Nk’uko bitangazwa n’urubuga rwa rihannadaily, igitaramo cya ’Diamonds World Tour’ muri Portugal ngo cyamugendekeye neza, kubera ubwinshi bw’abacyitabiriye.

Nyuma y’igitaramo, Cristiano Ronaldo yasuye Rihanna nk’umwe mu bakunzi be, bikaba bigaragazwa n’amafoto bifotoranyije.

Rihanna yahise ashyira amafoto ye na Ronaldo ku rubuga rwa Facebook na Twitter, bigaragaza ko bafitanye ubucuti bwa hafi.

Rihanna mu gitaramo muri Portugal
Rihana na Christiano Ronaldo

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages