00:00:00 IGIHE NETWORK KN KINYARWANDA EN ENGLISH FR FRANCAIS

Ruth Matete wegukanye TPF5 agiye gushyingirwa

Yanditswe na

Munyentwari Patrick

Kuya 22 October 2013 saa 12:13
Yasuwe :

Ruth Matete wigaragaje cyane mu buhanzi yegukana umwanya wa mbere mu marushanwa ya Tusker Project Fame ku nshuro ya gatanu agiye gushyingirwa na Jackson uzwi Prince Tsyderbiri.
Nubwo aterura ngo atangaze itariki y’ugushyingirwa kwe Matete Ruth avuga ko biri hafi, kandi umubano wabo ukaba ubigaragaza kuko nyuma yo kwambikana impeta yemeza ko bitegura kurushinga umubano wabo ugenda ukura.
Kuva Matete na Jackson bambikanye impeta ababyeyi ba Ruth bakomeje kwerekana ko babashyigikiye nubwo (…)

Ruth Matete wigaragaje cyane mu buhanzi yegukana umwanya wa mbere mu marushanwa ya Tusker Project Fame ku nshuro ya gatanu agiye gushyingirwa na Jackson uzwi Prince Tsyderbiri.

Ruth n'umukunzi we Jackson

Nubwo aterura ngo atangaze itariki y’ugushyingirwa kwe Matete Ruth avuga ko biri hafi, kandi umubano wabo ukaba ubigaragaza kuko nyuma yo kwambikana impeta yemeza ko bitegura kurushinga umubano wabo ugenda ukura.

Kuva Matete na Jackson bambikanye impeta ababyeyi ba Ruth bakomeje kwerekana ko babashyigikiye nubwo itariki y’ubukwe bwabo ikiri ibanga kugeza ubu, ariko ba nyirubwite (Matete na Jackson).

Ubwo yaganiraga n’itangazamakuru bamubaza iby’itariki y’ubukwe yagize ati “Ni vuba cyane kurusha uko abantu babikeka”.

Ibumoso ni se wa Matete Ruth, Ruth, n'umukunzi we Jacson

Kwamamaza

Kwamamaza

Kwamamaza

TANGA IGITEKEREZO

AMATEGEKO AGENGA IYANDIKA RY'IGITEKEREZO CYAWE

Kwamamaza

Special pages